Kuri uyu wa kane tariki 11 Kamena 2026 kugeza tariki 19 Nyakanga 2026 tuzaba dukurikira imikino y’igikombe cy’isi. Ni irushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 23 rikabera muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Canada na Mexique rikazitabirwa n’amakipe y’ibihugu 48.
Ikompanyi ya Winner Rwanda ikunzwe na benshi bakunda guteega ifite udushya twihariye kuri iki gikombe cy’isi aho abayikoresha bazanogerwa na serivisi itanga. Betting Lab twabateguriye tumwe mu dushya Winner Rwanda yazanye muri iyi minsi y’igikombe cy’isi:
Continue reading “Menya zimwe muri promotions Winner Rwanda iserukanye mu gikombe cy’isi”


