Kuva ku wa 7 kugeza ku wa 11 Nzeri 2026, Muri Afurika hari gutangwa ubutumwa bushishikariza abakina betting n’indi mikino y’amahirwe gukina mu rugero, kurinda abakinnyi no kurushaho kumenya ibyago bishobora guterwa no kubatwa n’imikino y’amahirwe.
Continue reading “Ibyo wamenya kuri Africa Safer Gambling Week 2026”Real Madrid vs Inter Milan: Ibyo kwitega n’ibindi wamenya kuri uyu mukino w’ishyiraniro wa Champions League
Real Madrid irakira Inter Milan kuri Santiago Bernabéu mu mukino w’umunsi wa mbere wa UEFA Champions League uteganyijwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 8 Nzeri 2026.
Ni umukino uhuza amakipe abiri akomeye mu mateka y’umupira w’amaguru w’i Burayi, kandi buri kipe irashaka gutangira urugendo rwa Champions League itsinze.
Continue reading “Real Madrid vs Inter Milan: Ibyo kwitega n’ibindi wamenya kuri uyu mukino w’ishyiraniro wa Champions League”Paripesa yiyongereye mu baterankunga ba Olympique de Marseille
Ikipe ya Olympique de Marseille ikina mu cyiciro cya mbere mu bufaransa ikagira n’abakunzi benshi mu bufaransa no ku mugabane wa Africa muri rusange yatangaje ko yagiranye ubufatanye na Paripesa , urubuga rumenyereye ibijyanye n’imikino y’amahirwe kuri internet.
Continue reading “Paripesa yiyongereye mu baterankunga ba Olympique de Marseille”Ibyo wamenya kuri Megapari n’uburyo watangira kuyikoresha mu Rwanda
Megapari ni urubuga mpuzamahanga rw’imikino y’amahirwe (betting), Rufite uburyo bwo guteega kuri sport haba live betting na pre match ndetse rugira n’imikino ya Casino
Continue reading “Ibyo wamenya kuri Megapari n’uburyo watangira kuyikoresha mu Rwanda”Forzza Bet yahagaritswe gukorera mu Rwanda
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iterambere (RDB) rwatangaje ko ruhagaritse uruhushya rwa Baron Sports Gaming Ltd, sosiyete yari isanzwe ikorera mu Rwanda ikoresheje izina rya Forzza Bet.
Nk’uko byatangajwe na RDB ku wa 30 Nyakanga 2026, iri hagarikwa ryatangiye kubahirizwa ako kanya, rikaba rireba ibikorwa byose by’iyi sosiyete birimo amashami yayo, ibikorwa by’abakorana na yo (agents), ndetse n’imbuga zayo zo kuri internet.
Continue reading “Forzza Bet yahagaritswe gukorera mu Rwanda”Ibyo wamenya kuri Betway, ElephantBet na ForteBet biherutse guhabwa impushya zo gutanga serivisi zo gutega kuri internet mu Rwanda
Betway, ElephantBet na ForteBet biherutse guhabwa impushya zo gutanga serivisi zo gutega kuri internet mu Rwanda n’urwego rw’iterambere mu Rwanda RDB binyuze muri commission ishinzwe imikino y’amahirwe NLGC (National Lottery & Gambling Commission)
Ibi bivuze ko abakunzi b’imikino y’amahirwe mu Rwanda bagiye kubona amahitamo mashya, mu gihe ibi bigo byiyongera ku bisanzwe bikorera mu gihugu. Ariko se ni ibiki wakagombye kumenya kuri buri kimwe muri byo?
Continue reading “Ibyo wamenya kuri Betway, ElephantBet na ForteBet biherutse guhabwa impushya zo gutanga serivisi zo gutega kuri internet mu Rwanda”Uko wabikuza bwa mbere kuri 1win
Bimwe mu bibazo kuri Betting Lab dukunze kwakira higanjemo icy’abatsindira amafaranga kuri 1WIN bakagorwa no kuyabikuza. Twasanze ikibazo abenshi bahuriyeho ari ikijyanye no kwemeza email (Email verification) niyo mpamvu muri iyi nkuru tugiye kubereka uko bikorwa ; niba nawe ufite icyo kibazo ubonewe igisubizo.
Continue reading “Uko wabikuza bwa mbere kuri 1win”Menya zimwe muri promotions Winner Rwanda iserukanye mu gikombe cy’isi
Kuri uyu wa kane tariki 11 Kamena 2026 kugeza tariki 19 Nyakanga 2026 tuzaba dukurikira imikino y’igikombe cy’isi. Ni irushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 23 rikabera muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Canada na Mexique rikazitabirwa n’amakipe y’ibihugu 48.
Ikompanyi ya Winner Rwanda ikunzwe na benshi bakunda guteega ifite udushya twihariye kuri iki gikombe cy’isi aho abayikoresha bazanogerwa na serivisi itanga. Betting Lab twabateguriye tumwe mu dushya Winner Rwanda yazanye muri iyi minsi y’igikombe cy’isi:
Continue reading “Menya zimwe muri promotions Winner Rwanda iserukanye mu gikombe cy’isi”Yatsindiye miliyoni 10 ashyizeho ibiceri 600 muri Winner Rwanda
Akanyamuneza ni kose kuri Tuyizere Josiane wo mu Karere ka Rubavu, yabaye umunyamahirwe watsindiye Miliyoni 10 Frw mu Ikompanyi y’Imikino y’amahirwe [Betting] ya ‘Winner Rwanda’ nyuma yo gushyiraho ibiceri 600 gusa kuri Max Aviator Jackpot agatsindira miliyoni 10.
Continue reading “Yatsindiye miliyoni 10 ashyizeho ibiceri 600 muri Winner Rwanda”Champions League Final 2026: Arsenal Ishobora Gukora Amateka cyangwa PSG Igakomeza Ubukombe?
Mu ijoro ritegerejwe na benshi ku isi hose, ikipe ya Arsenal izacakirana na Paris Saint-Germain ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League uzabera muri Budapest muri Hungary kuri Stade ya Puskás Aréna .Ni kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Gicuransi i saa kumi n’ebyiri kw’isaha y’i Kigali na Bujumbura. Ni umukino ushobora kwandika amateka mashya ku mpande zombi.
Continue reading “Champions League Final 2026: Arsenal Ishobora Gukora Amateka cyangwa PSG Igakomeza Ubukombe?”


